[1] Mbere yo gupfa kwe bifite ibisobanuro bibiri: - Bisobanuye ko nyuma y’uko Yesu azagaruka ku isi avuye mu Ijuru aho ari ubu, nawe igihe cye cyo gupfa kizagera. Aho rero ni ho abataramwemeraga cyangwa abamwemeraga ukundi bamwita Imana, bazemera nyabyo ko ari Intumwa y’Imana atari Imana. -Mbere yo gupfa k’uwahawe igitabo (Umuyahudi cyangwa Umunaswara); ubwo Malayika ushinzwe gukuramo roho z’ibiremwa azaba amugezeho, icyo gihe ni bwo yemera ko Yesu yari Intumwa ya Allah atari Imana, nyamara uko kwemera nta cyo kuba kukimumariye.
[1] Reba ibisobanuro by’iri jambo muri Surat ul Baqarat, umurongo wa 275.
[1] Reba uko twasobanuye umurongo wa 3 muri iyi Suratul Baqarat.