[1] Ubundi buryo buvugwa muri uyu murongo, ni igihano cyo guterwa amabuye gihanishwa umugore wasambanye yarashatse umugabo, kikaba cyarashyizweho gisimbura icyo kubafungirana mu ngo kugeza bapfuye.
[1] Igihano cyo kugaya mu ruhame cyakorerwaga abakiri ingaragu bakoze ubusambanyi kivugwa muri uyu murongo, cyaje gusimburwa n’igihano cyo kubakubita inkoni ijana buri wese nk’uko kigaragara muri Surat Nur (24), umurongo wayo wa 2.